Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ukora kinyamwuga ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru zicukumbuye ku buzima rusange n’izivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru wa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Polisi y’u Rwanda (RNP) n’Ingabo z’u Rwanda (RDF) ku bufatanye n’izindi nzego z’igihugu  zitandukanye  batangije ku mugaragaro mu gihugu hose, ibikorwa byo gufasha abaturage mu mibereho myiza n’iterambere, bigizwe n’imishinga itandukanye n’inkunga bizatwara asaga miliyari 2.5 Frw.
Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko ryashyikirije komite mpuzamahanga ya Croix-Rouge (CICR) abasirikare barenga 5,000 b’ingabo za Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bafatiwe mu mirwano ibera mu burasirazuba bw’iki gihugu.
Abahanga  mu by’imitekerereze bo mu Rwanda, U Burundi na RDC , basanga ibibazo by’umutekano byakunze kuranga akarere, bikomeje kugira uruhare rukomeye mu guteza ibibazo byo mu mutwe
Ikipe ya As Kigali yatangaje  Kalisa Rashid nk’umukinnyi mushya wayo mu mikino yo kwishyura ya Shampiyona y’u Rwanda.
Umunyamakuru  Aime Beaute Mushashi, n’umukunzi we Francis Nyamaswa berekanywe ku mugaragaro mu rusengero rwa Evangelical Restoration Church, ruherereye i Masoro mu Mujyi wa Kigali
Polisi y'Igihugu, Ingabo z’u Rwanda n’abafatanyabikorwa, batangiye ibikorwa bigamije kuzamura imibereho myiza n’iterambere ry’abaturage.
Umuhanzi Israel Mbonyi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana yemeje ko agiye gutaramira mu Bubiligi ahishura ko ari andi mahirwe Imana itanze yo kongera guhura abantu bakaramya.
ngabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw' amahoro (RWABGVIII) zikorera muri MINUSCA, i Bria muri Repubulika ya Centrafrique, uyu munsi zifatanyije n’izindi ngabo zo mu bindi bihugu ziri mu butumwa bw’amahoro hamwe n’abaturage bo mu Mujyi wa Bria kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abagore wa 2026.
Minisiteri Ishinzwe Ibikorwa by'ubutabazi MINEMA, yasabye abaturage gufata ingamba zirimo kuyobora amazi ahabugenewe mu rwego rwo guhangana n'ibiza bituruka ku mvura nyinshi.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yifurije Abagore Umunsi mwiza wabo, abashimira uruhare bakomeje kugaragaza mu iterambere ry'Igihugu.