Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ukora kinyamwuga ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru zicukumbuye ku buzima rusange n’izivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru wa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Rayon Sports na APR FC, zombi zavanye i Rubavu inota rimwe, rimwe mu mikino y'umunsi wa 23 wa shampiyona y'u Rwanda.
Kuri gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 8 Werurwe, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasezeye kuri Dr. Ozonnia Ojielo .
Abanyarwanda batuye mu Majyaruguru y’Uburayi , bari muri Suède na Denmark , bifatanyije n’isi yose mu kwizihiza umunsi Mpuzamahanga w'umugore.
Madamu Jeannette Kagame yifatanyije n’abatuye Umujyi wa Kigali muri Siporo Rusange, yahujwe  no kwizihiza umunsi Mpuzamahanga w'Umugore.
Umuryango wa Afurika (EAC) yashyizeho Amb. Stephen Patrick Mbundi yagizwe Umunyamabanga Mukuru w'Umuryango wa Afurika y'Iburasirazuba , EAC, asimbuye Umunya-Kenya Veronica Nduva.
Muri Mutarama 2024 ni bwo perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yafunze imipaka yose yo ku butaka ihuza u Rwanda n’u Burundi arushinja gushaka guhungabanya umutekano w’igihugu cye binyuze mu gufatanya n’umutwe wa RED Tabara urwanya ubutegetsi bwa Gitega, ibirego u Rwanda rwamaganiye kure rugaragaza ko ntashingiro bifite.
Polisi y’u Rwanda yavuze ko yahannye umugabo w'umuzungu wagaragaye aparika imodoka mu muhanda rwagati aho yatangaje ko uyu muntu yahanwe k’ubw’amakosa yakoze
Ikigo cya CPF Group, gikomoka muri Kenya cyafunguye ku mugaragaro ishami mu Rwanda, aho kizajya gishora imari igatera inkunga imishinga minini y’igihe kirekire, mu guteza imbere ubukungu no kuzamura imibereho myiza y’abaturage
Abasirikare n’abofisiye bo mu Ngabo z’u Rwanda (RDF) mu Mutwe w’Ingabo Zidasanzwe (Special Operations Force), basoje amahugurwa y’ibanze yo guhangana n’iterabwoba bari bamazemo ibyumweru 22