Evode Dushime

Evode Dushime

Dushime Evode ni umunyamakuru ufite ubumenyi ndetse n'inyota nyinshi yo kongera ubwo afite. Ni umunyamakuru ukunda gucukumbura ndetse no gutangaza inkuru yizewe kandi ifitiye umumaro Umuryango mugari w'abasomyi ba Umunota. Com.Gladiator OG inkuru ze ziganje cyane mu myidagaduro, siporo, imvumburamatsiko ndetse n'izindi ngingo zifitanye isano n'amakuru nyayo.

Minisiteri y'Ububanyi n'Amahanga n’Ubutwererane yakiriye itsinda ry'"Ishuri Umuco” rigizwe n'urubyiruko rw’Abanyarwanda baba mu Bubiligi, bari mu ruzinduko mu Rwanda
Umudage Jermaine Zemke w’imyaka 20 ukinira Rembe Rad-net, yegukanye Agace ka Gatanu ka Tour du Rwanda 2026, kakiniwe mu Karere ka Rubavu ku ntera y'ibilometero 8, akoresheje isaha imwe, iminota 44 n’amasegonda 27 (1h44’27’).
Madamu Jeannette Kagame, akaba ari nawe washinze Imbuto Foundation, kuri uyu wa Kane tariki ya 26 Gashyantare 2026, yakiriye itsinda riyobowe na Princess Marie-Chantal, umwe mu bashinze gahunda ya "Building Better Futures" porogaramu y' Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku mpunzi, UNHCR.
APR BBC igiye kwitabira imikino ya Shampiyona ya Basketbal yo gushaka itike y'iya kamarampaka izabera i Kigali muri Gicurasi
Raporo ya Komisiyo y’Ingengo y’Imari n’Umutungo bya leta umutwe w’Abadepite yaragaje impungenge ku Turere tumwe tutararenga 10% mu gukoresha ingengo y’imari twagenewe nyamara hari utundi twagejeje hejuru ya 60%
Austin  Luwano wamamaye nka Uncle Autsin mu itangazamakuru ndetse n’umuziki Nyarwanda, yatangaje ko yasezeye  ku gukora itangazamakuru rya Radio yari amaze imyaka 26 akora ahishura ko ari ibintu yakunze kuva mu mabyiruka ye.
Umunyamakuru Gloria Mukamabano , wari umaze imyaka icyenda mu Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru (RBA),  yasezeye.
Umuyobozi w'Akarere ka Rubavu, Mulindwa Prosper, yatangaje ko kuba muri Repubulika Iharanira Demokarsi ya Congo harakunze kurangwa n'ikibazo cy'umutekano mucye by'umwihariko mu mujyi wa Goma, uhana imbi n'u Rwanda, byadindije ifungurwa ry'ikibuga cy'indege cya Gisenyi .
Umutoza wa Al Hilal, Laurențiu Reghecampf, yatangaje  ko we n’ikipe ye batazongera gukina imikino ya shampiyona, ikinwa saa cyenda z’amanywa (15:00) mu gisibo.
Ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB) cyatangaje ko kuva tariki ya 16 kugeza ku ya 20 Gashyantare 2026  ibyoherejwe mu mahanga byinjirije u Rwanda miliyari 26,9 Frw.