Nina Cynthia

Nina Cynthia

Dushime Nina Cynthia ni umunyamakuru w’Umunyarwandakazi ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru y'ibibera imbere mu gihugu. Kuri ubu ni 'Special Editor' ku rubuga rw’amakuru rwa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Abanyeshuri bahize abandi mu byiciro bitandukanye mu bizamini bisoza amashuri y'Isumbuye umwaka w'amashuri wa 2024/2025 bahembwe
Umushinjacyaha Mukuru, Habyarimana Angelique yatangaje ko mu mwaka w'Ubutabera wa 2024/25, Ubushinjacyaha Bukuru bwakoze amadosiye angana na 96.4%
Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda, Prudence Sebahizi, avuga ko nubwo Leta yari yakuyeho umusoro ku nyongeragaciro (VAT) ku mpapuro z’isuku z’abakobwa mu 2019, ibiciro byazo bikomeje kuzamuka kubera izindi mpamvu z’ubukungu zirimo izamuka ry’ibiciro by’ibizikora
Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge, ANU, ryafatanye umugore witwa Kakure Marie Louise, udupfunyika 274 tw'urumogi murugo iwe
Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, yasura amakipe y’u Rwanda y’abahungu n’abakobwa batarengeje imyaka 16 ari mu mwiherero bitegura Irushanwa rya FIBA U16 AfroBasket 2025 rizabera mu Rwanda.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda) cyatangaje ko igihe cy’Umuhindo wa 2025, uhereye muri Nzeri kugeza Ukuboza, u Rwanda ruzagerwaho n’imvura iri ku kigero cy’impuzandengo gisanzwe
Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA), Gaspard Musonera, yasabye ibigo byigenga bitanga serivisi z’umutekano gukora igenzura rihoraho ku mikorere yabyo
Urwego rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu mupira w’amaguru mu Rwanda, (Rwanda Premier League), rwatangaje uko amakipe azahura mu mikino itangira y'iyi Shampiyona, mu mwaka w’imikino wa 2025/2026.
Ku munsi wa kabiri wo guhemba abanyempano bahatanye muri ArtRwanda-Ubuhanzi mu cyiciro cya nyuma cya 'All Stars Edition', hahembwe abanyempano batandatu, buri umwe ahabwa miliyoni 10 Frw, uretse babiri banganyije amanota bazayagabana
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, uri mu ruzinduko i Singapore, yitabiriye igikorwa cya “Rwanda Investment Roadshow” cyateguwe n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere (RDB)