Amakuru

Abahanga  mu by’imitekerereze bo mu Rwanda, U Burundi na RDC , basanga ibibazo by’umutekano byakunze kuranga akarere, bikomeje kugira uruhare rukomeye mu guteza ibibazo byo mu mutwe
Umunyamakuru  Aime Beaute Mushashi, n’umukunzi we Francis Nyamaswa berekanywe ku mugaragaro mu rusengero rwa Evangelical Restoration Church, ruherereye i Masoro mu Mujyi wa Kigali
Polisi y'Igihugu, Ingabo z’u Rwanda n’abafatanyabikorwa, batangiye ibikorwa bigamije kuzamura imibereho myiza n’iterambere ry’abaturage.
ngabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw' amahoro (RWABGVIII) zikorera muri MINUSCA, i Bria muri Repubulika ya Centrafrique, uyu munsi zifatanyije n’izindi ngabo zo mu bindi bihugu ziri mu butumwa bw’amahoro hamwe n’abaturage bo mu Mujyi wa Bria kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abagore wa 2026.
Minisiteri Ishinzwe Ibikorwa by'ubutabazi MINEMA, yasabye abaturage gufata ingamba zirimo kuyobora amazi ahabugenewe mu rwego rwo guhangana n'ibiza bituruka ku mvura nyinshi.
Kuri gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 8 Werurwe, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasezeye kuri Dr. Ozonnia Ojielo .
Abanyarwanda batuye mu Majyaruguru y’Uburayi , bari muri Suède na Denmark , bifatanyije n’isi yose mu kwizihiza umunsi Mpuzamahanga w'umugore.
Madamu Jeannette Kagame yifatanyije n’abatuye Umujyi wa Kigali muri Siporo Rusange, yahujwe  no kwizihiza umunsi Mpuzamahanga w'Umugore.
Umuryango wa Afurika (EAC) yashyizeho Amb. Stephen Patrick Mbundi yagizwe Umunyamabanga Mukuru w'Umuryango wa Afurika y'Iburasirazuba , EAC, asimbuye Umunya-Kenya Veronica Nduva.