Amakuru

Mu isiganwa ry’amagare rya Cameroon (Tour du Cameourn 2026) ikipe ya Benediction Banafrica Team ihagarariye u Rwanda ikomeje kwitwara neza kuko yasoje agace ka kabiri iyoboye amakipe ku rutonde rusange.
Abanyeshuri batanu b'Abanyarwanda bitegura kuba abapilote babigize umwuga muri Kaminuza ya 'Kent State' yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bagerageje gutwara indege bwa mbere
Minisiteri y’Ibikorwaremezo yatangaje ko ishyirwa mu bikorwa ry’imishinga migari y’ibikorwaremezo bigezweho hagamijwe guteza imbere imibereho myiza n’iterambere rirambye mu gihugu rigeze kuri 91% muri rusange.
Urwego Rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB) rwatangaje ko rwafunze by’agateganyo hoteli enye zirimo iyo mu Mujyi wa kigali n’izindi zo mu ntara kubera gutanga serivisi zo kwakira abantu zitujuje ibisabwa.
Amerika yagaragaje ko FDLR ibikorwa by’ihohotera bya FDLR birimo ubwicanyi, gushora abana mu mirwano, gufata ku ngufu no gushimuta abaturage, bibangamiye umutekano w’akarere. 
Ba Minisitiri b'Ubuzima bo mu bihugu bigize Umuryango wa Afurika y'Iburasirazuba (EAC) basoje inama idasanzwe yo ku rwego rwo hejuru yigaga kuri Ebola
Abacuruzi bohereza ibicuruzwa birimo imboga, imbuto n’indabo mu mahanga bakiranye ibyishimo isubukurwa ry’ingendo za RwandAir zerekeza i Doha muri Qatar na Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, nyuma y’amezi zari zimaze zihagaze kubera intambara yabereye mu Burasirazuba bwo Hagati
Bamwe mu banyeshuri bo ku kigo cy'amashuri abanza cya Mushirarungu giherereye mu murenge wa Rwabicuma ho mu karere ka Nyanza  baravuga ko babangamiwe n’inkoni bakubitwa n’abarimu mu gihe baba batarabona amafaranga asabwa y’ifunguro ku ishuri.
Ikipe y’umukino wo gusiganwa ku magara ya Benediction Banafrica Team ihagarariye u Rwanda mu isiganwa ryo muri Cameroon (Tour du Cameroun 2026) yatangiye neza iri siganwa nyuma guhembwa nk’ikipe y’umunsi mu gace ka mbere.