Habumuremyi Jean Baptiste wo mu Murenge wa Nemba mu Karere ka Burera, arashakishwa nyuma yo gukubita umugore we witwa Hagenimana Jeannette uri mu kigero cy'imyaka 30, bikamuviramo urupfu, maze agahita atoroka.
U Rwanda na Maroc bahuriye mu nama ya mbere ya Komisiyo Ihuriweho y’Ubufatanye mu bya Gisirikare, igamije gushimangira ubufatanye hagati y’ingabo z’ibihugu byombi.
U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bigiye kongera guhurira mu biganiro bigamije gushimangira amahoro n’umutekano mu karere k’Ibiyaga Bigari
Itsinda ry’abasirikare bashinzwe ubwubatsi bo mu Ngabo z’u Rwanda, ku bufatanye na ba Jamaica, batangije ibikorwa byo kubaka no gusana ibikorwaremezo byangijwe n'umuyaga wa Melisa ahitwa St James Parish.
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri w'Ububanyi n'Amahanga n'Ubutwererane, Dr Usta Kaitesi , kuwa 19 Mutarama 2026, yakiriye Ambasaderi wa Misiri mu Rwanda, Hanan AbdelAziz Elsaid Shahin.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga