Amakuru

Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Umutungo Kamere w’Amazi (Rwanda Water Resources Board) bugaragaza  imirimo yo kubaka urugomero rwa Muvumba, ruri mu karere ka Nyagatare igeze ku kigero cya 44%.
Ese uribuka igihe wari mu rukundo ukuntu ubwa wa muhanzi wari warahenganye uruhu n'uruhande? Ariko iby'abubu bo byarahindutse, hari ubwo ibyari urukundo bibabera umuravumba kubera isaba ry'amafaranga rya hato na hato
Umujyi wa Kigali ukomeje kwita cyane ku rwego rw'ubwikorezi ndetse kuri ubu haratekerezwa umushinga w'imodoka zigendera ku migozi mu kirere [Cable cars]
Umugabo w'myaka 56, n´umugore w´imyaka 65 bafashwe bagerageza guha inzego z’umutekano ruswa y'ibihumbi mirongo itanu (50.000 Frw) nyuma yo kubasangana inzoga z’inkorano ziswe Ibikwangari.
Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali, Samuel Dusengiyumva , yatangaje ko imirimo yo kwagura Prince House–Giporoso–Masaka, izatangira mu kwezi kwa Gashyantare 2026.
Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, yavuze ko u Rwanda rwishimiye kwakira irushanwa ry'Igikombe cya Afurika cya Handball, yerekana ko ari intambwe ikomeye mu guteza imbere siporo, by’umwihariko umukino wa Handball mu gihugu no muri Afurika muri rusange
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwanzuye ko Shema Arnould uzwi cyane nka DJ Toxxyk afungwa iminsi 30 y’agateganyo, ruvuga ko hari impamvu zikomeye zituma akekwaho ibyaha bitatu muri bine akurikiranyweho
Minisitiri w'ububanyi n'Amhanga w'uburusiya, Sergei Lavrov, yatangaje ko igihugu cye kiteguye kuba umuhuza impande zihanganye muri Repulika Iharanira Demokarasi ya Congo.