Amakuru

Ambasaderi w’u Rwanda mu Bwongereza, Johnston Busingye, yatangariye u Rwanda nyuma yo gutembera ibice bitandukabye by'igihugu birimo Huye,Nyanza, Bugesera,Rusizi, Rulindo na Musanze .
Sosiyete y’Indege ya RwandAir yatangaje ko ibihu byinshi mu kirere byatumye hatagaragara neza bityo zimwe mu ngendo zari ziteganyijwe zigijwe inyuma
Abaturage bo mu karere ka Gicumbi,mu Murenge wa Mutete, baratangaza ko inzoga y'inkorano bise " Magwingi" ikomeje kugira ruhare mu guteza umutekano mucye no kwangiza urubyiruko.
Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere ka Gasabo, Bayasese Bernard, yatanze Ubwenegihugu bw'u Rwanda ku bantu 25 baturutse mu bihugu bitandukanye.
Umuhuzabikorwa wa AFC/M23, Corneille Nangaa yemeje ku mugaragaro ko uwahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Joseph Kabila Kabange, ari imbere muri iki gihugu
Impunzi ziba mu nkambi ya Mahama, mu karere ka Kirehe zakanguriwe kurwanya ihohotera rishingiye ku gitisina n'ikoreshwa ry'ibiyobyabwenge muri iyi nkambi.
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamata ruherereye mu Karere ka Bugesera , rwafashe icyemezo cyo kurekura by'agateganyo, Umuhuzabikorwa w’Ikigo Ngororamuco cya Gitagata, Sheikh Bahame Hassan, wakekwagaho gukora ishimishamubiri rishingiye ku gitsina kuri bamwe bajyanwa kugororerwa muri iki kigo.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka