Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame yashimiye ikipe ya Paris Saint Germain yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League isezereye FC Bayern Munich yo mu Budage, ku giteranyo cy’ibitego 6-5 nyuma yo kunganya 1-1 mu wo kwishyura.
Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame yashimiye ikipe ya Arsenal FC yo mu Bwongereza, yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cya UEFA Champions League, isezereye Atlético Madrid yo muri Espagne ku giteranyo cy’ibitego 2-1.
Komisiyo ya FERWAFA ishinzwe imisifurire yahagaritse igihe cy’umwaka umwe, Nsengiyumva Jean Paul wari umusifuzi wa kabiri wo ku ruhande ku mukino wahuje Mukura VS&L yatsinzwemo na Rutsiro ibitego 2-1 ku cyuweru tariki ya 3 Gicurasi 2026, i Huye kuri Stade Kamena.
Al Ahly SC yo mu Misiri yegukanye Shampiyona Nyafurika yʼAmakipe yʼAbagabo muri Volleyball [CAVB Men’s Club Championship 2026], ihigitse Police VC yo mu Rwanda.
Uwimana Nehemie wayoboye Akarere ka Rwamagana imyaka itanu kuva mu 2010 kugeza mu 2014, wari usanzwe ari Visi Perezida w’ikipe ya Muhazi United, yitabye Imana nyuma y’ukwezi kurenga yari amaze mu bitaro.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga