Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), Jean-Guy Afrika, yakiriye ikirangirire mu mupira w'amaguru, Javier Pastore, wahoze akinira Paris Saint-Germain, wageze mu Rwanda, aho azitabira Kwita Izina ku nshuro ya 20
Umukinnyi w'umupira w'amaguru ukomoka muri Argentine, Javier Pastore, wakiniye Paris Saint-Germain, ari mu bashyitsi bazitabira ibirori byo Kwita Izina, bizaba kuri uyu wa gatanu tariki ya 5 Nzeri 2025 mu Kinigi.
Amakipe y’Igihugu ya Basketball mu batarengeje imyaka 16 mu bahungu n’abakobwa yamenye amatsinda aherereyemo mu Gikombe cya Afurika, FIBA U16 AfroBasket 2025, kizabera mu Mujyi wa Kigali mu ntangiriro za Nzeri 2025
Urwego rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu mupira w’amaguru mu Rwanda, (Rwanda Premier League), rwatangaje uko amakipe azahura mu mikino itangira y'iyi Shampiyona, mu mwaka w’imikino wa 2025/2026.