Muri uyu mwaka wa 2026, Umujyi wa Kigali witeguye kwakira ibikorwa bikomeye bya siporo n’imyidagaduro bizahuza Abanyarwanda n’abaturutse hirya no hino ku Isi
Ikipe ya APR FC yatsinze Kiyovu Sports ibitego 2-0, mu mukino ubanza wa 1/8 cy'Igikombe cy'Amahoro
Ni umukino wabereye kuri Kigali Pele Stadium kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 17 Gashyantare 2026
Umuyobozi w'Ishyirahamwe ry'Umukino wo gusiganwa ku Magare, FERWACY, Samson Ndayishimiye, yavuze ko kuri iyi nshuro irushanwa rya Tour du Rwanda rizahuzwa n'imyidagaduro aho kuba siporo gusa, mu rwego rwo kurushaho kuryohereza Abanyarwanda
Abakurikira ibiganiro by’imikino ku ma radiyo bakomeje kwinubira imyitwarire idahwitse imaze iminsi iranga bamwe mu banyamakuru bakora muri iki gisate, aho bavuga ko nta bunyamwuga burimo ndetse bibambika urubwa
Umujyi wa Kigali wahawe ikirango cyitwa "UCI Bike City" nk'ishimwe ry'uko wakiriye neza Shampiyona y'lsi y'Amagare ya 2025 kuva tariki ya 21 kugeza 28 Nzeri 2025, bwa mbere ku Mugabane wa Afurika.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga