Inkuru Nshya

Umuvugizi Wungirije w’Ingabo z’u Rwanda, Lt Col Simon Kabera, yaganiriye n'abayobozi n’abakozi ba Minisiteri y’Ubuzima n'izindi nzego zishamikiyeho, abagaragariza isano riri iri hagati y’umutekano w’igihugu, ubuzima rusange n’ubushobozi bw’igihugu bwo kwiyubaka
Minisitiri w’Ubucuruzi n'Inganda, Prudence Sebahizi, yashimangiye ko biteguye gufasha ba rwiyemezamirimo b’abagore kongera umusaruro w'ibyo bakora no kubijyana ku isoko bifite ubuziranenge bwahangana n’ibindi bicuruzwa ku masoko mpuzamahanga.
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga w'u Rwanda, Amb.Olivier Nduhungirehe yavuze ko irekurwa ry’Umujyi wa Uvira ari intambwe ikomeye mu kongerera amahirwe ibiganiro by’amahoro bigamije gukemura ikibazo cy’umutekano mucye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC
Mu ijoro ryo ku wa Gatatu, nibwo Rayon Sports yatangaje umutoza mukuru mushya wayo, Bruno Ferry, usabwa gukora akazi gakomeye ko gufasha iyi kipe kujya ku mwanya mwiza muri Shampiyona y'u Rwanda mu gihe imikino y'igice cya mbere igana ku musozo
Abagabo babiri bo mu karere ka Nyamasheke bari gushakishwa nyuma yo gukubita , bakagira intere ndetse bagakura amenyo umusore witwa Niyonsenga Léon w’imyaka 23 wiga mu wa Gatandatu w’amashuri yisumbuye, bamuhora umukobwa bigana.
Minisiteri y'Ubutegetsi bw'igihugu,MINLOC, yatangaje ko izi ko umushahara w'abayobozi bo mu tugari ukiri hasi ariko hagitekerezwa uburyo bawongera , isaba ko nubwo waba ari hasi bidakwiye kuba intandaro yo gutanga serivisi itanoze ku baturage.
Umutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, watangiye ku mugaragaro kuvana ingabo zawo mu mujyi wa Uvira, hagamijwe gushyigikira ibiganiro bya politiki no gushakira Akarere amahoro arambye
Ubushakashatsi bwa 7 ku mibereho n’ubuzima mu Rwanda (DHS7) bwerekanye ko abangavu bari hagati y’imyaka 15 na 19 baterwa inda biyongereye, bakagera kuri 8% mu 2025 bavuye kuri 5% mu 2020.
Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yagejejweho ibyerekeye isinywa ry’amasezerano y’amahoro n’ubufatanye mu by’ubukungu hagati y’u Rwanda na RDC yasinyiwe i Washington, inashimangira ubushake bw’u Rwanda mu kubahiriza ibiyakubiyemo ndetse runagaragaza ko rushyigikiye inzira y'amahoro ya Doha.
Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul KAGAME, yashyizeho abagize Inama y’Ubuyobozi ya WASAC Group Ltd ndetse inashyira Umuyibozi Mukuru wa WASAC Utility Ltd.