Minisitiri w'Umutekano w'Imbere mu Gihugu, Dr. Vincent Biruta, tariki 18 Nzeri 2025 yasuye Umujyi w'ikoranabuhanga wa EHang Future City i Guangzhou mu Bushinwa, yihera ijisho ikoranabuhanga ry'indege zitagira abapilote (Drones) zitwara abantu.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera butangaza ko kugeza ubu imiryango 96 yari isigaye ku kirwa cya sharita mu karere ka Bugesera, mu Murenge mu Murenge wa Rweru, itarimurwa, igiye gutuzwa mu Midugudu igiye kubakwa.
Urwego rw’Igihugu rw’iterambere,RDB, rwatangaje ko iki cyumweru, Umuyobozi wayo,Africa Jean Guy, yaganiriye n’ Umuyobozi Mukuru wa Groupe Duval, Eric Duval hamwe n’itsinda rye, baganira ku mishinga yo kubaka inzu y’Ubucuruzi ya ‘Inzovu Mall’.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga