Mu gihe habura iminsi ibiri yonyine u Rwanda rukandika amateka yo kuba igihugu cya mbere muri Afurika, cyakiriye imikino ya gicuti ya FIFA Series, kuri ubu imyiteguro iragana ku musozo.
Ikigo cy’Abadage gikora imodoka, Volkswagen, cyanyomoje amakuru yatangajwe ku mbuga nkoranyambaga avuga ko kigiye guhagarika ibikorwa byacyo mu Rwanda, kivuga ko nta shingiro afite.
Umuyobozi w’Akarere ka Ngoma, Niyonagira Nathalie, yavuze ko kimwe mu byabafashije kuza ku isonga mu kwesa imihigo y’Uturere y'umwaka wa 2024/2025 ari gahunda zitandukanye zashyizweho harimo iyitwa ‘Bwije nkoze iki’ ibafasha gukora isuzuma haba ku ruhande rw’abayobozi ndetse n’abaturage.
Ikigo cy’Abongereza, SkyTrax cyashyize ku mwanya wa gatatu Ikibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kigali mu byiza mu karere n’uwa munani ku mugabane wa Afurika mu mwaka wa 2026.
Umuyobozi wa Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles, KNC, yagaragaje ko atishimiye icyemezo cy’Urwero rutegura Shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda, cyo gutera mpaga ikipe ya Gasogi United
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagaragaje ko atumva uburyo umushinga wa ‘Muvumba Multipurpose Water Resources Development Program’ wari ugamije kuhira imyaka no kugeza amazi ku baturage bo mu karere ka Nyagatare wakozweho igice kimwe gusa
Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC, kuva mu 2001 kugeza mu 2019, yagaragaje impungenge zikomeye ku hazaza h’igihugu, avuga ko kiri mu nzira ishobora kuganisha ku gusenyuka burundu
Umunyarwenya ubifatanya n’itangazamakuru, Rusine Patrick yifurije isabukuru nziza umugore we Uwase Nizra amwibutsa ko amushima ku bwo kumuha urukundo n’umuryango
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga