Inkuru Nshya

Abapolisi b’u Rwanda 160 bagize Itsinda RWAFPU1-10 riri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga Amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS), bambitswe imidali y’ishimwe ku bw’umuhate n’ubwitange bagaragaje mu mezi mu gihe cy’amezi 10 bamaze bacunga umutekano w’abasivili muri iki gihugu.
Umubyeyi wabyaye impanga z'abana batatu icyarimwe aravuga ko nta bushobozi afite agasaba abagiraneza ko bamufasha akabona ikibatunga
Raporo y'Ubugenzuzi Bukuru bw'Imari ya Leta bw'umwaka w'ingengo y'imari warangiye tariki 30 Kamena 2025, igaragaza ko hakiri icyuho gikomeye ku mikoreshereze y'ibitabo Leta iba yatanze mu mashuri kuko bikoreshwa ku kigero kiri hasi cyane ibishobora guhungabanya ireme ry'uburezi.
Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta, Kamuhire Alexis agaragaza ko hari imishinga idindira bigatera igihombo kuko iba itegerejweho ibisubizo mu kwihutisha bukungu bw'igihugu.
Ku wa Gatatu tariki ya 6 Gicurasi 2026, Perezida Kagame uri muri Botswana, yagiranye ikiganiro cyihariye na mugenzi we w'iki gihugu,  Duma Boko, cyakurikiwe  n'isinywa ry'amasezerano atandatu.
Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame yasuye uruganda runini rufite ikoranabuhanga rya mbere ku Isi mu gutunganya Diyama ruherereye mu mujyi wa Gaborone, muri Botswana
Kuri uyu wa Kane abanyarwanda 359 batahutse bava mu burasirazuba bwa DRC binjirira ku Mupaka Munini wa La Corniche uhuza umujyi wa Rubavu n'uwa Goma
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyatangaje ko umusaruro w’inganda wiyongereyeho 6.2% muri Werurwe 2025, ugereranyije n’ukwezi nk’uko mu mwaka ushize wa 2025 mu gihe impuzandengo y'izamuka ku mwaka yari 6.3%.
Nyuma y'igihe kigera ku mwaka bihwihwiswa ko Kimenyi Yves watandukanye n'umugore we Muyango Claudine, yaba ari mu munyenga w'urukundo n'umukunzi we mushya, kera kabaye Kimenyi yaje kubyemeza ku mugaragaro.