Inkuru Nshya

Perezida Paul Kagame yageze i Genève mu Busuwisi aho yitabiriye Inama Mpuzamahanga y’Umuryango w’Abibumbye ushinzwe guteza imbere ikoreshwa ry’ubwenge buhangano ku Isi, ‘AI for Good Global Summit 2026’.
Abadepite basabye Minisiteri y'Ubutabera kongera imbaraga mu kwihutisha imanza kuko ubutabera butinze buba butakiri ubutabera, bitsa cyane ku ifungwa ry’iminsi 30 y’agateganyo ikunze kuviramo bamwe kumara igihe kinini bafunzwe nta dosiye.
Itsinda riyobowe na Brig Gen Louis Kanobayire, Umuyobozi Mukuru ushinzwe amahugurwa n’uburezi mu Ngabo z’u Rwanda, riri i New Delhi mu Buhinde, aho ryitabiriye inama ya kabiri ya Komite ihuriweho y’u Rwanda n’u Buhinde ishinzwe ubufatanye mu bya gisirikare.
Ubu bushakashatsi bwakorewe ku bagore barenga ibihumbi 24, mu byiciro binyuranye no mu bice bitandukanye, barimo abo mu Mujyi wa Kigali bagera ku 3.366, abo mu Ntara y’Amajyepfo 5.684, mu Ntara y’Iburengerazuba bukorerwa kuri  5.410, abo mu Ntara y’Amajyaruguru 3.726 n’abo mu Ntara y’Iburasirazuba 6.776.
Inteko Rusange ya Sena yatumije Minisitiri w’Intebe ngo atange ibisobanuro ku bibazo n’imbogamizi bikigaragara mu byanya byahariwe inganda.
Umutoza w'umunyarwanda Nshimiyimana Canisius yagizwe umutoza mukuru w'ikipe ya Amagaju FC yo mu karere ka Nyamagabe nyuma yo gutandukana na Mukura VS&L.
Ikipe ya APR FC yatangaje ko umutoza wayo Taleb Abderrahim yongereye amasezerano y'umwaka umwe ushobora no kongerwa bitewe n'uko azitwara muri uyu mwaka w'imikino ugiye kuza wa 2026-27.
Nyuma y'uko hagaragajwe impungenge za Sitasiyo ya Lisansi yari itangiye kubakwa hejuru y'igitaka cyarunzwe kigakora umusozi ruguru y'inzu z'abaturage,kuri ubu ibyuma byari byatangiye gushingwa ngo iyi sitasiyo yubakwe byakuweho.
Raporo y'Itsinda ry'Impuguke z'Umuryango w'Abibumbye ku bibazo bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC), yashyikirijwe Akanama k'Umutekano, isesengura mu buryo burambuye imiterere y'imitwe yitwaje intwaro ikorera mu burasirazuba bwa DRC, irimo na FDLR.
Umunyamabanga wa leta muri Minisiteri y’Uburezi, Irere Claudette yavuze ko abanyeshuri bafite ubumuga bari mu bizamini bya Leta bisoza amashuri abanza, bari gufashwa byihariye ngo bakore neza kimwe n’abandi asaba abarezi gushyiraho akabo.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka