Element EleéeH yagaragaje ibyishimo nyuma yo kurangiza ifata ry’amajwi y’indirimbo ye yakoranye n’umuhanzi ukomeye muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Ne-Yo izaba iri ku muzingo w’indirimbo (Album) we wa mbere yenda gusohora
U Rwanda ruzahagararirwa n’abakinnyi 7 bakina imikino itandukanye mu mikino ya ANOCA Zone 5 Youth Games igiye kubera muri Kaminuza yitiriwe Kenyatta (Kenyatta University) i Nairobi muri Kenya kuva tariki 24 Kanama kugeza tariki 28 Kanama 2026.
Mu turere 30 tugize u Rwanda 80% byatwo turimo amabuye y’agaciro yo mu bwoko butandukanye arimo Coltan, Gasegereti, Wolfram, Biliri, zahabu n’ayandi yo mu ngeri zinyuranye ibi bigaragaza ko mu Rwanda hari amabuye y’agaciro ahagije.
Rutahizamu w'umanyarwanda Mbonyumwami Taiba yatangajwe nk'umukinnyi mushya w'ikipe ya Ethiopian Coffee SC yo muri Ethiopia nyuma yo gutandukana na Marine FC yakiniraga.
Rwanda Premier League ifite mu nshingano Shampiyona y’u Rwanda, BK Pro League, yatangaje ko mu gihe ikipe yo muri Sudani yakwegukana igikombe cya Shampiyona izahabwa igikombe cy’icyubahiro (Honorary trophy) hanyuma igikombe cya Shampiyona kikazahabwa ikipe ifite amanota menshi mu makipe yo mu Rwanda.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga