Inkuru Nshya

Iwabo w’Inzovu na Diyama: Ibyo wamenya kuri Botswana Perezida Kagame agiye gusura

Yannick Mukunzi yahimbiye igihozo umugore we Iribagiza Joy

Umuyobozi w’umurenge wa Mageragere afunzwe akurikiranyweho ruswa no kumena ibanga ry’akazi

Nyanza:Umusaza washinjwaga kwica umukecuru yafunguwe

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko ibiciro by'ibicuruzwa ku masoko mu mujyi cyazamutse ku kigero cya 7.1%, mu kwezi k'Ukwakira 2025, ugereranyije n'Ukwakira 2024
Perezida wa Sena Dr. Kalinda François Xavier, yageze i Islamabad muri Pakistan, aho yitabiriye inama y’abayobozi b’Inteko Zishinga Amategeko, iteganyijwe hagati ya tariki 11-12 Ugushyingo 2025.  
Minisitiri w'Ingabo, Juvenal Marizamunda, yagaragaje ko ubumenyi ku ikoranabuhanga, bwakifashishwa mu kubaka ubunyamwuga bw’igisirikare
Umukinnyi w’umupira w’amaguru, Emery Bayisenge, yasabye abakinnyi b’ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 17 (Amavubi U17), kwitwara neza mu marushanwa ya CECAFA bagiye kujyamo, abibutsa ko amarushanwa nk'aya abashyira ku itara
Minisiteri  w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, yatangaje ko mu bushakashatsi bakoze ku gipimo cy’Ubumwe , bugaragaza ko 95% Bemera ko abafunzwe bazira icyaha cya jenoside yakorewe Abatusi bakarangiza ibihano bisanga mu muryango nyarwanda nta kubishisha.
Kwizera Emelyne uzwi cyane nka "Emelyne Ishanga" yabatijwe mu mazi menshi yemera kwakira yesu nk'umwami n'umukiza
Minisitiri w'Ubumwe bw'Abanyarwanda n'Inshingano Mboneragihugu Dr. Jean Damascène Bizimana, yagaragaje ko Igipimo cy’Ubumwe bw’Abanyarwanda mu mwaka wa 2025 kigeze kuri 95.3%.
Polisi y’u Rwanda yashimiye ingamba zafashwe mu gukumira impanuka z’amakamyo mu Karere ka Rubavu, inacyebura abashoferi b'amakamyo nama bisi, bibutswa ko umutekano w'umuhanda nabo ubareba

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka