Inkuru Nshya

Perezida Paul Kagame yibukije abayobozi bakuru b’Igihugu ko bagomba guhora bibuka ko igihugu cy’u Rwanda kidafite undi uzakigoboka, abasaba ko aribo bagomba kwihitiramo uko bashaka kubaho.
Ikipe ya APR FC inyagiye umukeba wayo w'ibihe byose Rayon Sports, imvura y'bitego 3-0, mu mukino w'umunsi wa karindwi wa Shampiyona y'u Rwanda, Rwanda Premier League
Madamu Jeanette Kagame akaba n'Umuyobozi Mukuru wa Unity Club Intwararumuri, yasabye abanyamuryango ba Unity Club ndetse n'Abanyarwanda muri rusange kuba menge kuko hari benshi batishimira iterambere ry'u Rwanda
Umuyobozi Mukuru w’Umuryango Unity Club Intwararumuri, Madamu Jeannette Kagame, yatangaje ko gahunda ya Ndi Umunyarwanda izakomeza kugira uruhare mu kubaka igihugu no gushimangira Ubumwe bw’Abanyarwanda.
Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM), Prudence Sebahizi, yatangaje ko nubwo ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli byazamutseho gato, bitaza kuzana impinduka ku biciro by’ibiribwa ku masoko.
Uwahoze ari umuyobozi wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immaculée, uheruka kwitaba Imana, yahawe igihembo cy'umunyabigwi mu itangazamakuru “Lifetime Achievement Award”
U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byashyize umukono ku mushinga w’amasezerano y’ubufatanye mu iterambere ry’ubukungu .
NAEB yatangaje ko agaciro k’ikawa y’u Rwanda gakomeje kuzamuka ku rwego mpuzamahanga, aho mu cyamunara mpuzamahanga y'umwaka wa 2025, igiciro cyayo kiyongereye 22.8% ugereranyije n’umwaka ushize
U Rwanda rugiye kwakira Inama ya 19 y’Abayobozi b’Amashuri Makuru ya Gisirikare yo muri Afurika,  izabera i Kigali kuva tariki ya 10 -12 Ugushyingo 2025 .

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka