Inkuru Nshya

Polisi y’Igihugu yatangaje ko mu mezi 12 ashize abanyamahanga 64 basubijwe iwabo kubera gukora ibyaha byo gukubita no gukomeretsa
Azam FC yaturutse muri Tanzania yatsindiye Polisi FC kuri penaliti mu mukino wa gishuti wakinwe muri gahunda ikomeje y’Inkera y’Abahizi
Penaliti Niyigena Clement yahushije yatumye APR FC itsindwa na AS Kigali kuri penaliti 5-4 nyuma y'uko amakipe yombi yari yanganyije 1-1 mu irushanwa ribanziriza shampiyona ryateguwe na APR FC 'APR FC PRE-SEASON Tournament'
AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Leta ya Congo, ryatangaje ko ingabo za leta, FARDC zifatanyije n’iz’Uburundi, babagabyeho ibitero bakoresheje utudege duto tutagira abapiloti
Emma Claudine yasobanuye ko gufunga amashuri no gusaba abakozi ba Leta gukorera mu rugo mu gihe cy'irushanwa rya Shampiyona y'Isi y'Amagare, ari mu rwego rwo kubarinda gukora ingendo nini bajya mu bikorwa byabo
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko leta iri gushyira imbaraga mu burezi bw’ibanze bw'imyaka 9 na 12 hagamijwe kuzamura ireme ry’uburezi ritangwa
NESA, cyatangaje ko abanyeshuri bangana na 92.2% batsinze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza naho 75.64% batsinda ibizamini bisoza icyiciro Rusange cy'Amshuri yisumbuye mu mwaka wa 2024/2025
Urukiko rwa Gisirikare rugiye gusoma mu ruhame urubanza ku ifungwa n'ifungurwa ry'abantu 28 barimo abanyamakuru, abakozi b'Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igorora n'abasivile
Mu Kinyarwanda baravuga ngo "Iyimijwe n'ikaramu ntiramburura," bishatse kugaragaza ko ubumenyi buva mu ishuri ari inkingi ya mwamba y’ubuzima bwiza kandi bufite intego. Muri uru rugendo rwo kwiga, hari amashuri yanditse amateka mu burere n’uburezi mu Rwanda nka Lycée de Kigali
WASAC yatangaje ko imvura nyinshi yaguye mu mpera z'icyumweru ishize yatumye hahagarikwa by’agateganyo imirimo yo gutunganya amazi mu bigo bitatu biherereye mu turere twa Rubavu, Gicumbi na Nyagatare