Inkuru Nshya

Ambasaderi Moses Rugema yashyikirije Umuyobozi ushinzwe Porotokole muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Nigeria, Ambasaderi Wahab Adekola Akande, kopi z’impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri iki gihugu
Umuherwe w’umunya-Nigeria Abdul Samad Rabiu yatangaje ko yishimiye guhura na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame, avuga ko ari umuyobozi ufite icyerekezo kandi ko uburyo yayoboye u Rwanda bukomeje kubera icyitegererezo benshi muri Afurika no hirya no hino ku Isi
Umuyobozi w’Inama y’Abepiskopi Gatolika ihuza u Rwanda, u Burundi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, akaba n' Umwepiskopi wa Diyosezi ya Muyinga mu Burundi, Myr Joachim Ntahondereye, yagaragaje ko n’ubwo hari imbogamizi zituruka ku ifungwa ry’imipaka, abakristu badakwiye gucika intege.
Mu ijoro ryo ku wa Kane, tariki ya 12 Werurwe 2026, itsinda ry’abaririmbyi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana rya Ben na Chance, ryataramiye abitabiriye igitaramo cy’Urwenya cya Gen-Z Comedy Show.
U Rwanda n’u Buyapani bari gusangizanya ibitekerezo ku buryo bwo ku rwanya ibiza birimo inkangu, imyuzure, imitingito, inkuba n’ibindi bihitana ubuzima bw’abantu bikanangiza ibikorwaremezo ndetse bigatwara igihugu amafaranga menshi yo kongera gusana ibyangiritse.
Hoteli The Pinnacle Kigali iherereye Rebero mu Mujyi wa Kigali, yashyizwe ku rutonde ngarukamwaka rwa TIME Magazine rugaragaza ahantu 100 hafite uburanga budasanzwe ku Isi ho gusura cyangwa kurara
Mu gihe cy’amezi abiri, itsinda ry’Abasirikare bashinzwe ubwubatsi mu Ngabo z'u Rwanda, rifatanyije n’aba Jamayika, bubatse inzu 62 zari zasenywe n' ibiza, harimo no kongera ibyumba ku ishuri ndetse no kuvugurura inzu icumbikira abana bafite ubumuga.
Minisitiri w’Intebe Dr Justin Nsengiyumva yakiriye itsinda riturutse mu Kigega cya Banki y'Isi gitera inkunga imishinga y'abikorera (IFC) baganira kuri Gahunda y’ubufatanye hagati ya Banki y’Isi n’u Rwanda yo mu 2026–2035.
Muyango Claudine , uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga ndetse akaba numwe mu  bagore bamaze kubaka izina mu kuyobora ibirori bibera mu tubari twiyubashye mu Rwanda no hanze, yishimiye kugura umubavu w’agaciro ugura abarirwa mu bihumbi 600Rwf

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka