Ihuriro rya AFC/M23(Alliance Fleuve Congo) ryashyize umucyo ku bikorwa biri kugaragara muri iki gihe ku mirongo itandukanye y’urugamba atari ibintu bishya, ahubwo ari ihinduranya risanzwe kandi rishingiye ku igenamigambi ry’ingabo zaryo zizwi ku izina ry’Ingabo za ARC (Armée Révolutionnaire Congolaise).
Badrama wayobotse inzira yo gusebya no guharabika u Rwanda n’abayobozi barwo yakumiriwe kwinjira ahabereye igitaramo cy'umuhanzi Ruti Joel muri Leta Zunze Ubumwe za America.
Mu muganda rusange usoza ukwezi kwa Werurwe, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Dominique Habimana, yifatanyije n’abaturage b’Akarere ka Rulindo mu Murenge wa Buyoga, mu bikorwa byibanze ku gucukura imirwanyasuri
Abanyerondo bo mu mujyi rwagati mu murenge wa Gasaka ho mu karere ka Nyamagabe, barakekwaho kwica umuturage bamuziza gushaka gukiza undi muturage aba banyerondo barimo bakubita
Minisitiri w’Intebe Dr Justin Nsengiyumva, yagaragaje ko Umuryango w'Ibihugu bya Afurika, Karayibe na Pasifika (OACPS), ugomba kuba urubuga rworohereza ishoramari aho kuba urw'ubufatanye gusa.
Mu gikorwa cy’Umuganda Rusange usoza ukwezi kwa Werurwe 2026, cyabereye mu Murenge wa Uwinkingi, Akarere ka Nyamagabe, abaturage bashimiwe uruhare rugaragara bagira mu bikorwa by’iterambere n’isuku.