Minisitiri w'uburinganire n'iterambere ry'umuryango Uwimana Consolée avuga ko ikibazo cy'abana baterwa inda gihangayikishije , kuko nko mu mwaka ushize imibare igaragaza ko abana basambanyijwe bakanabyara basaga ibihumbi 25,bivuze ngo babyaye abana baruta ubwinshi abaturage b'umurenge wa Tumba mu karere ka Rulindo.