Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi wa Uganda, Matia Kasaija, umaze kumenyerwa cyane ku mbuga nkoranyambaga kubera uburyo bwihariye atangamo imbwirwaruhame atera urwenya, ari mu Rwanda mu butumwa bw’akazi
Abantu b'ingeri zitandukanye baraye baryohewe n'igitaramo kidasanzwe cyo kumurika imideli cyiswe “Threads of Africa Fashion Show”, cyari kigamije kugaragaza ubwiza bw’umuco n’imideli y’Afurika, mu rwego rwo gukomeza kwishimira iserukiramuco rya Giants of Africa riri kubera i Kigali kuva ku wa 27 Nyakanga
Abarimu bakorera hirya no hino mu Gihugu bagaragaje ko bishimira intambwe imaze guterwa mu kuzamura agaciro kabo, banakomoza kuri zimwe mu mbogamizi bagihura na zo zirimo kudahembwa amafaranga ahwanye n'impamyabumenyi bafite