Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Prudence Sebahizi, yavuze ko n’ubwo ikiguzi cy’ibikomoka kuri peteroli gikomeje kuzamuka, leta nayo iri gukora ubushoboka byose kugira igiciro cy’ibicuruzwa n’ik’ingendo rusange ntikiremerere abaturage ariko nabo babigizemo uruhare.