Inkuru Nshya

Imbuga nkoranyambaga zimaze guhindura cyane ubuzima bw’abatuye Isi, ntabwo bisaba kuba uri muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kugirango umenye amakuru y’ibyamamare byaho
Umuhanzi Giribambe Joshua uzwi muri muzika nka Jowest, yashyize hanze mu buryo bw'amajwi n'amashusho indirimbo nshya ivuga urukundo yise “Mon Bebe”
U Rwanda rwinjiye mu Cyumweru cyahariwe Kwizigama, cyashyizweho hagamijwe kuzamura iterambere ry’umuturage ku giti cye no gukomeza guteza imbere igihugu muri rusange
Perezida Paul Kagame ari mu Bakuru b’Ibihugu bazitabira Inama ya Transform Africa, itegerejwe kubera mu Mujyi wa Conakry muri Guinée, tariki ya 12-14 Ugushyingo 2025
Ikipe ya Gorilla FC yatsinze Bugesera FC ibitego 2-1 mu mukino w’Umunsi wa 6 wabereye kuri Kigali Pelé Stadium, kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 31 Ukwakira 2025
Umuyobozi Mukuru wa INES Ruhengeri, Myr Harorimana Vincent, yavuze ko ubwinshi bw'abasoza amasomo muri iyi Kaminuza bujyana n'ireme ry'uburezi n'uburere bahavana
Umuyobozi Wungirije wa Kaminuza ya East African Univertsity Rwanda (EAUR), Prof. Kabera Callixte, yasabye abasoje amasomo muri iyi kaminuza, kwiga kubyaza imbogamizi bahura nazo mo amahirwe yabateza imbere
Ubushakashatsi bushya ku bipimo by’imiyoborere mu Rwanda bugaragaza ko inkingi y'umutekano n'ituze bikomeje kuza ku isonga mu zindi nkingi zose z’imiyoborere