Inkuru Nshya

Ishyaka Riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije, DGPR [Democratic Green Party of Rwanda]ryafunguye ibiro bishya mu karere ka Rwamagana.
Umunya Slovenia Tadej Pogačar yavuze ko kuba Remco Evenepoel yaramuciyeho agatsinda irushanwa , nawe byari nko kwihorera ku byamubayeho muri Tour de France ubwo yafatiwe na Jonas Vingegaard ku musozi mu gusiganwa ku gihe (TT).
U Rwanda na  RDCongo bongeye kwemeranya umugambi uhuriweho n’ibihugu byombi wo kurwanya umutwe w’Iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi .
Abantu batandukanye bacitse ururondogoro ku mbuga nkoranyambaga, nyuma yo kubona umukobwa wambaye umwenda w’umuryango utabra imbabare ( Croix Rouge) agaragara asa nk’uha nimero ya telefoni umukinnyi witabiriye shampiyona y’Isi y’Amagare.
Guverinoma y’u Rwanda n’ubwami bwa Maroc, basinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bijyanye n'ubwikorezi bwo mu kirere.
David Lapartient yongeye gutorerwa kuyobora Ishyirahamwe Mpuzamahanga ry'Umukino w'Amagare ku Isi (Union Cycliste Internationale ,UCI) ku nshuro ya gatatu yikurikiranya kuva 2017.
Umufaransa Gery Celia yegukanye gusiganwa mu muhanda 'Road race' mu bakobwa batarengeje imyaka 23, muri Shampiyona y'Isi y'Amagare
Ababyeyi ba Nirere Xaverine, uri mu ikipe y’u Rwanda iri gukina shampiyona y’Isi y’amagare, barishimira uburyo umukobwa wabo ari kwitwara muri iyi shampiyona ndetse ko ari  guhesha ishema igihugu.
U Rwanda ruri kwitegura gutangira gukoresha umuti uterwa mu rushingiye, ugamije gukumira ubwandu bw’agakoko gatera SIDA.