Shema Arnold benshi bamenye mu muziki Nyarwanda akiri umwana ku izina rya 'Babou', yongeye kugaruka mu muziki aho yashyize hanze indirimbo nshya yise 'Cyangabwoba'
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yavuze ko igihugu cy'u Rwanda cyafashe icyemezo cyo kwakira impunzi kuko cyakuye amasomo mu buhunzi, avuga ko mu bushobozi bucye igihugu gifite kizafasha abo bantu
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi mu mashuri, NESA, cyatangaje amanota y’Ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye mu mwaka w’amashuri wa 2024/2025, aho abiga Imyuga tekiniki n’Ubumenyingiro batsinze ku kigero cyo hejuru
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko nta muhuza ukenewe kugira ngo Abanye-Congo bakemure amakimbirane bafitanye
Umuraperi Ishimwe Semana Kevin, uzwi nka Ish Kevin, yasinye amasezerano yo gukorana n'inzu itunganya umuzuki ya Universal Music Group ishami rya Afurika y'Uburasirazuba, (Universal Music Group East Africa)
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga