Inkuru Nshya

Abahinzi ba Kawa bagize Koperative TWONGERE UMUSARURO WA KAWA yo mu karere ka Kayonza, bavuga ko ubu bahinga Kawa , bakayitunganya ndetse bakayohereza mu mahanga, ibintu bavuga ko byababyariye inyungu.
Umujyi wa Kigali wahawe ikirango cyitwa "UCI Bike City" nk'ishimwe ry'uko wakiriye neza Shampiyona y'lsi y'Amagare ya 2025 kuva tariki ya 21 kugeza 28 Nzeri 2025, bwa mbere ku Mugabane wa Afurika.
Minisitiri w'Intebe Dr Nsengiyumva Justin yagaragaje ko Afurika ikomeje guhura n'ibibazo by'umutekano mucye ariko bigomba gukemurwa bihereye ku muzi wa byo.
APR FC yanganyije na Kiyovu Sports igitego 1-1 mu mukino w’umunsi wa 20 wa shampyiona y’u Rwanda wabereye muri stade Amahoro ku mugoroba wa ku wa gatandatu tariki ya 14 Gashyantare 2026.
Minisitiri w’Intebe ,Dr Nsengiyumva Justin , kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 14 Gashyantare 2026, yifatanyije n’abandi bayobozi mu muhango wo gutangiza ku mugaragaro Inama ya 39 isanzwe y'Abakuru b'Ibihugu na za Guverinoma zigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe.
Umujyanama Mukuru wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Afurika, Massad Boulos, yasabye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) kubahiriza agahenge bemeye ku itariki ya 13 Gashyantare 2026, mu rwego rwo guhagarika intambara mu bice byo muri Kivu y’amajyepfo.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka