Inkuru Nshya

Ikipe ya Patriots BBC yamaze kongeramo umukinnyi Noel Obadiah Arthur wamenyekanye ku izina rya Mutabazi ubwo yakiniraga ikipe ya APR BBC mu rwego rwo gukomeza imfuruka yitegura imikino ya kamarampaka nk'uko yabyemeje kuri uyu wa Gatatu tariki 29 Nyakanga 2026.
Ishami ry’Umuryango Mpuzamahanga ryita ku Bimukira mu Rwanda (IOM) ryatanze amashyiga ya gaz yo gucana izwi nka (Liquefied Petroleum Gas: LPG) ku mashuri arindwi yo mu Rwanda.
Senateri Donatille Mukabalisa wari umaze imyaka irenga 20 akorera Inteko Ishinga Amategeko y'u Rwanda, yitabye Imana, azize uburwayi yari amaranye iminsi.
Amakipe 10 y'abagore arimo Rayon Sports yo mu Rwanda ategerejwe mu Rwanda mu mikino ihuza amakipe yabaye aya mbere muri Afurika y'Iburasirazuba n'iyo Hagati yo gushaka itike y'Irushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo muri Afurika, CAF Women's Champions League CECAFA Qualifiers 2026.
Komisiyo y’u Rwanda ishinzwe gusubiza mu buzima busanzwe abahoze ari abasirikare, RDRC, yatangaje ko ku wa 29 Nyakanga 2026 yohereje muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) Abanye-Congo 39 bari barivuze KO bahoze ari abarwanyi ba FDLR.
Itsinda rigizwe na Ofisiye bakuru n’abarimu 13 bo mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Sri Lanka bari mu rugendoshuri mu Rwanda, mu ruzinduko rw’amasomo kuva taliki ya 27 Nyakanga kuzageza ku ya 9 Kanama 2026.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere ry’Ubwikorezi (RTDA) cyagaragaje hakenewe miliyari 48.8 Frw zo kubaka no gusana ahantu 309 hanyura amazi ava ku muhanda ashobora guteza ibiza mu bice bitandukanye by’igihugu.
Rayon Sports yatsinze ikipe ya Tusker FC yo muri Kenya igitego 1-0 mu mukino wa kabiri wo mu itsinda C muri CECAFA Kagame Cup 2026, biyongerera icyizere cyo kuzamuka muri iri tsinda
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 29 Nyakanga 2026 Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Ambasaderi Mushya wa Oman n’uwa Nouvelle-Zélande mu Rwanda.
Ikipe y'Igihugu y'u Rwanda ya basketball y'abatarengeje imyaka 18 mu ngimbi yatsinze iya Misiri yegukana igikombe cy'imikino y'akarere ka 5 yo gushaka itike y'Igikombe cya Afurika yaberaga i Cairo mu Misiri.U Rwanda rwatsinze Misiri mu mukino warugoye cyane amanota 62-58.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka