Inkuru Nshya

Austin  Luwano wamamaye nka Uncle Autsin mu itangazamakuru ndetse n’umuziki Nyarwanda, yatangaje ko yasezeye  ku gukora itangazamakuru rya Radio yari amaze imyaka 26 akora ahishura ko ari ibintu yakunze kuva mu mabyiruka ye.
Umunyamakuru Gloria Mukamabano , wari umaze imyaka icyenda mu Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru (RBA),  yasezeye.
Umuyobozi w'Akarere ka Rubavu, Mulindwa Prosper, yatangaje ko kuba muri Repubulika Iharanira Demokarsi ya Congo harakunze kurangwa n'ikibazo cy'umutekano mucye by'umwihariko mu mujyi wa Goma, uhana imbi n'u Rwanda, byadindije ifungurwa ry'ikibuga cy'indege cya Gisenyi .
Umutoza wa Al Hilal, Laurențiu Reghecampf, yatangaje  ko we n’ikipe ye batazongera gukina imikino ya shampiyona, ikinwa saa cyenda z’amanywa (15:00) mu gisibo.
Ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB) cyatangaje ko kuva tariki ya 16 kugeza ku ya 20 Gashyantare 2026  ibyoherejwe mu mahanga byinjirije u Rwanda miliyari 26,9 Frw.
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali yatangaje ko umugore uherutse kugaragara mu mashusho akubita umugabo we inshyi n'imigeri, yatawe muri yombi .
Umuyobozi Mukuru ushinzwe ubufatanye bw’ingabo n’abaturage (J9) mu Ingabo z’u Rwanda, Col Désiré Migambi Mungamba, yashishikarije abanyeshuri bo mu Ishuri Rikuru ry'Imyuga n'Ubumenyingiro rya Tumba, gukoresha ubumenyi bafite mu ikoranabuhanga mu guteza imbere igihugu
Perezida Paul Kagame yakiriye itsinda ry'abayobozi 25 b'ibigo n'imiryango itandukanye ku Isi, baganira ku rugendo rw’iterambere ry’u Rwanda mu myaka irenga 23 ishize
Perezida Paul Kagame yagaragaje umusanzu wa gahunda ya FIFA Forward yatangijwe n’Ishyirahamwe rya Ruhago ku Isi (FIFA) mu guteza imbere umupira w’amaguru by’umwihariko ku Rwanda