Rwiyemezamirimo ukiri muto akaba n’umwe mu bazwi cyane ku mbuga nkoranyambaga, Ngabo Karegeya yishimiye gusurwa na Ministiri wa Siporo Madamu Nelly Mukazayire mu cyanya cyahariwe ubukerarugendo bushingiye ku muco ahazwi nko ku Ibere rya Bigogwe.
Abakurikira ibiganiro by’imikino ku ma radiyo bakomeje kwinubira imyitwarire idahwitse imaze iminsi iranga bamwe mu banyamakuru bakora muri iki gisate, aho bavuga ko nta bunyamwuga burimo ndetse bibambika urubwa
Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Jimmy Gasore, yashimangiye ko guhuza ibice by’icyaro n’imijyi bitagarukira ku kubaka imihanda gusa, ahubwo ari inzira yo guteza imbere imibereho myiza y’abaturage
Abanyarwanda 18 bari bamaze imyaka myinshi muri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Mbere tariki ya 16 Gashyantare 2026, bakiriwe n’Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi ubwo bari batahutse.
Mu mwaka w’i 2010, abakunda umuziki wo mu Rwanda no mu Burundi bumvise bwa mbere kuri Radio ndetse abacye bari bafite Televiziyo babona indirimbo ikoze mu rurimi rw'Igiswahili ihuriyemo abanyabigwi mu muziki w’Akarere ka Afurika y’Iburasirazuba aribo Intore Massamba wo mu Rwanda na Kidum Kibido wo mu Burundi
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga