Ubukungu

Urwego ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ko ibiciro by'ibikomoka kuri Peterori byazamutseho 5.5%, mu gihe cy'amezi abiri ari imbere
Guverinoma y’u Rwanda yateguye ko izashora miliyari 70 Frw muri gahunda yo kwimura abaturage ahazaba hagiye kubakwa urugomero rwa Nyabarongo II
Sosiyete y'u Rwanda Ishinzwe Ingufu (REG) , yatangaje ko imirimo yo kubaka urugomero rw’amashanyarazi rwa Nyabarongo II igeze kure ndetse  rwahaye akazi abantu barenga 500.
Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda, Prudence Sebahizi, avuga ko nubwo Leta yari yakuyeho umusoro ku nyongeragaciro (VAT) ku mpapuro z’isuku z’abakobwa mu 2019, ibiciro byazo bikomeje kuzamuka kubera izindi mpamvu z’ubukungu zirimo izamuka ry’ibiciro by’ibizikora
Perezida wa Mozambique, Daniel Francisco Chapo, yitabiriye inama yateguwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), yahuje abikorera bo mu Rwanda n’abo muri Mozambique
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, uri mu ruzinduko i Singapore, yitabiriye igikorwa cya “Rwanda Investment Roadshow” cyateguwe n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere (RDB)
Sosiyete Nyarwanda y’Ubwikorezi bwo mu Kirere, RwandAir, yatangaje ko yamaze kwakira indege ebyiri nshya zo mu bwoko bwa Boeing 737-800s
Iminsi irabarirwa ku ntoki ngo u Rwanda rwakire inama mpuzamahanga igiye kuba ku nshuro ya cyenda ya 'Aviation Africa Summit & Exhibition', ihuza ibihugu bya Afurika hagamijwe kunoza ubucuruzi n’itumanaho biciye mu ngendo zo mu Kirere
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere (RDB) rwahagaritse ibikorwa by’imikino y’amahirwe bya Kings Bet Ltd, mu Rwanda
U Rwanda rwateye imbere mu bice byinshi bitandukanye ariko by'umwihariko mu bikorwaremezo, aho kuri ubu Umujyi wa Kigali uwusangamo inyubako ziteye amabengeza kandi ubonako zatwaye akayabo k'amafaranga

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka