Ubukungu

Umuyobozi ushinzwe ishoramari muri RDB, Michelle Umurungi, yagaragaje ko u Rwanda rwafunguriye amarembo ubucuruzi bwambukiranya imipaka, nk'uburyo bwo kongerera imbaraga ubucuruzi bw'ibihugu ariko hubahirizwa umutekano
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) , gitangaza ko muri Nzeri 2025, ibiciro rusange byo mu nganda byazamutseho 13,5%, ugereranyije na Nzeri 2024.
U Rwanda rwinjiye mu Cyumweru cyahariwe Kwizigama, cyashyizweho hagamijwe kuzamura iterambere ry’umuturage ku giti cye no gukomeza guteza imbere igihugu muri rusange
U Rwanda rwaje imbere mu bihugu bya Afurika byihuse mu kuzamura ubukungu binyuze mu ikoreshwa ry'ikoranabuhanga mu rwego rw'imari, Fintech
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda, NISR, cyatangaje ko Ubushomeri bwagabanutseho 1.9%, mu gihe abafite imyaka yo gukora (16 kuzamura), 57% bafite akazi.
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, cyatangaje ko mu mujyi no mu cyaro , mu kwezi kwa Nzeri 2025, ibiciro mu Rwanda byiyongereyeho 6,2% ugereranyije na Nzeri 2024.
U Rwanda na Guverinoma y'u Budage basinye amasezerano yo guteza imbere gahunda zigamije gufasha abaturage kwiteza imbere no kuva mu bukene ya Miliyoni 18 z’Amayero asaga miliyari 30,5 Frw