Imyaka 25 irashize Leta y'u Rwanda ishyizeho gahunda y'Ubwisungane mu Kwivuza (Mituweli cyangwa Mutuelle de Santé) nk’umusingi wo kugeza serivisi z’ubuvuzi zihendutse ku baturage bose mu gihugu
U Rwanda rwasinye amasezerano y’imikoranire y’imyaka itatu n’ikigo cy’ikoranabuhanga mu Bwenge Buhangano cya Anthropic PBC, hagamijwe guteza imbere ikoreshwa rya AI mu nzego zirimo uburezi, ubuzima n’imiyoborere ya Leta
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abantu barangije amasomo yerekeye ubuvuzi binjiye mu kazi bikubye kane ugereranyije n’abakinjiragamo mbere ya 2024, kuko bavuye ku 1600 bakagera kuri 6400 mu 2025