Urugwiro

Perezida Kagame watangije gahunda yo gutera inkunga urwego rw'ubuzima mu Muryango wa Afurika Yunze Ubumwe, yakiriye Komiseri wa Komisiyo ya Afurika Yunze Ubumwe ishinzwe Ubuzima, Amb. Amma Twum-Amoah ndetse n'Umuyobozi Mukuru w'Ikigo Nyafurika kigenzura Ubuziranenge bw’Imiti, AMA, Dr. Delese Mimi Darko
Perezida wu Rwanda, Paul Kagame, yakiriye Umunyamabanga Mukuru w’Ihuriro ry’Inteko Zishinga Amategeko ku Isi, Inter-Parliamentary Union, IPU, Martin Chungong, uri mu ruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda
Perezida w'u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye Reeta Roy, Umuyobozi Mukuru wa Mastercard Foundation, wari kumwe na Sewit Ahderom, uzamusimbura ku buyobozi bukuru bw’uyu muryango guhera mu ntangiriro za 2026
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yagaragakje ko ubufatanye bwa Afurika n'andi mahanga atari ubugomba gutuma Afurika igengwa ahubwo bugomba kuyihesha agaciro, bugashingira ku kungukira hamwe
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yahaye ubutumwa mugenzi we wa RDCongo nyuma yo kongera kwegeka ibibazo by’icyo gihugu ku Rwanda.
Perezida w'u Rwanda Paul Kagame, ari i Buruseri mu Bubiligi aho yitabiriye inama Mpuzamahanga ya kabiri ya Global Gateway Forum 2025, yiga ibijyanye n'ishoramari
Perezida Paul Kagame yakiriye Umujyanama Mukuru wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Afurika, Massad Boulos, baganira ku bikorwa bigamije kwimakaza amahoro n’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari
Perezida Paul Kagame yakiriye indahiro z'abayobozi barimo Minisitiri w’Ingabo, Juvenal Maziramunda, Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Uwimana Consolée n'Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Yves Iradukunda
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yahuye n’umukinnyi w’iteramakofe wabigize umwuga Carlos Takam, bagirana ibiganiro.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame , yatangaje ko u Rwanda rutewe ishema no kuba rwarakiriye shampiyona y’Isi y’Amagare yari imaze icyumweru ibera mu Rwanda, mu Mujyi wa Kigali.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka