Ibyihariye

Haringingo Francis yatsinze umukino we wa mbere muri Rayon Sports

Pariki y’Akagera yinjije arenga miliyari 1,9 Frw mu gihembwe cya mbere cya 2026

“Kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside ni urugamba rwa buri wese”-Minisitiri Habimana

Volleyball: Amakipe y’u Rwanda arakubita umuhisi n’umugenzi muri CAVB Menʼs Club Championship 2026

Perezida wa Mozambique, Daniel Francisco Chapo, uri mu ruzinduko rw'akazi rw’iminsi ibiri mu Rwanda, yasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruri ku Gisozi.
Perezida wa Repubulika ya Mozambique, Daniel Chapo, yashimye cyane umubano usanzwe hagati y’u Rwanda n'igihugu cye, ashimangira ko ushingiye ku bufatanye, ubuvandimwe n’ubudahemuka hagati y’ibihugu byombi
Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame, na mugenzi we wa Mozambique, Daniel Francisco Chapo, bahagarariye isinywa ry'amasezerano y'ubufatanye hagati y'ibihugu byombi, mu bijyanye n'Umutekano ndetse n'Ubucuruzi
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Gen (Rtd) James Kabarebe ,yaganiriye na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Mozambique, Amb. Maria Manuela dos Santos Lucas.
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye intumwa z’inteko ishinga amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziturutse mu mitwe yombi y’ishyaka ry’Abademokarate n’iry’Abarepubulikani
Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere (RDB), Jean-Guy Afrika yayoboye umuhango wo gushyira ibuye ry’ifatizo ahagiye gukorerwa umushinga wa Ramba Hills, ishoramari rifite agaciro ka miliyoni 80 z’amadolari ya Amerika rizubakwa i Kigali
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Guteza imbere Iyoherezwa mu Mahanga ry’Ibikomoka ku Buhinzi n’Ubworozi (NAEB) cyatangaje ko abahinzi b’ikawa batazongera guhabwa ifumbire ku buntu
Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yayoboye umuhango wo gusoza amasomo ku barenga 6000 barimo ba Ofisiye mu ngabo z’u Rwanda, RDF, Polisi y’Igihugu n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora, RCS
Perezida wa Sena, Dr. Kalinda François Xavier, yasabye amadini n’amatorero kugira uruhare mu bufatanye mu gukemura ibibazo bitandukanye byugarije umuryango nyarwanda birimo amakimbirane mu miryango.
Uwavuga ko ijoro ryabaye rirerire ku muntu wese ufite aho ahuriye n'ikipe ya APR FC ntabwo yaba abeshye bitewe n'ibyabereye mu Nkera y'Abahizi yateguye, ibirori byagaragaye ku rwego rwo hasi cyane

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka