Ibyihariye

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yashimiye Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, ku ntsinzi yegukanye mu matora y’Umukuru w’Igihugu aherutse kubera muri icyo gihugu
Ubuyobozi bw'Akarere ka Kayonza, bwatangaje ko aka karere kafashe ingamba zo kurandura mu buryo burambye ikibazo cy'inzara muri imwe mu Mirenge igize aka karere cyagaragayemo.
Perezida Kagame ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki ya 16 Mutarama 2026, yagiranye ibiganiro na Dr. Sidi Ould Tah, Perezida wa Banki Nyafurika Itsura Amajyambere,BAD.
Mu Mujyi wa Kigali, hafi y'ahasanzwe nabwo inyubako ya Kigali Convention center, hagiye kubakwa Parklane Center , izaba igizwe n’amagorofa 25.
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yageze i Conakry muri Guinée, aho azitabira umuhango w’irahira rya Perezida Mamadi Doumbouya, uherutse gutorwa
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda, NISR, cyatangaje ko ubucuruzi bw’u Rwanda bwazamutseho 11,3%, ibyoherezwa mu mahanga bbikiyongeraho 12.70% , naho ibyinjizwa bivuye hanze  byo bigabanukaho 9.74% ugereranyije n’igihembwe cya kabiri cya 2025.
Ambasaderi Maj Gen Joseph Nzabamwita yashyikirije Perezida Vladimir Putin impapuro zimwemerera guhagararira Repubulika y’u Rwanda mu Burusiya
Minisitiri w’Intebe, Dr Justin Nsengiyumva, yakiriye itsinda riyobowe na Leung Chun-Ying, Umuyobozi Mukuru wa GX Foundation, umuryango mpuzamahanga ukora ibikorwa by’ubugiraneza bigamije gutanga ubufasha mu rwego rw’ubuvuzi n’ubuzima rusange ku bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka