IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, na Wedfaq Ajdabiya yo muri Libya, Nshuti Innocent yambitse impeta umukunzi we, Uwase Nice,  bamaze imyaka myinshi bakundana amusaba kumubera umugore.
Abashoramari biganjemo abakoresha ikoranabuhaga mu buzima bwabo bwa buri munsi bagaragaje ko ubucuruzi bw’umutungo koranabuhanga bugiye kuba isoko nshya y’ubukungu mu Rwanda.
Ikipe ya Rayon Sports yananiwe gukora ibyo yari yitezweho igwa miswi na Gicumbi FC itahabwaga amahirwe yongera gutuma abafana bajya mu bwigunge.
Ibiciro by'ibikomoka kuri Peteroli byazamutse ndetse n'iby'ingendo mu Mujyi wa Kigali no mu Ntara bihita byiyongera hashingiwe kuri iryo zamuka rya lisansi na Mazutu.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki 03 Mata 2026 ni bwo habayeho ikiganiro n’itangazamakuru cyagarutse ku gitaramo ‘Easter Jubilee’ cya Ben na Chance.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki 03 Mata 2026 ni bwo habayeho ikiganiro n'itangazamakuru kigaruka ku gitaramo 'Easter Jubilee' cya Ben na Chance.
Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yatangaje ko ibiciro ku masoko y’u Rwanda byitezweho kuzamuka bitewe n’ingaruka z’intambara iri mu Burasirazuba bwo Hagati
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yatangaje igihe yigeze kumara iminsi myinshi atagaragara mu ruhame bitatewe n’uko ubuzima bwe butari bumeze neza nk’uko bamwe babivuze ahubwo ko byatewe n’uko yari yarafashe ikiruhuko ndetse akabona umwanya uhagije wo gusabana n’abuzukuru be.
Perezida Paul Kagame yavuze ko umutwe wa M23 utaturutse mu Rwanda ahubwo ari umutwe wo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo w’Ihuriro rya AFC/M23 ndetse ukaba ukorana n’uwahoze ari Perezida wa Congo, Joseph Kabila akorana na wo.