Perezida w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA, Shema Ngoga Fabrice, yavuze ko nyuma y’imikino ya FIFA Series yaberaga i Kigali yasize u Rwanda ruyitwayemo neza hari abandi bakunnyi bashya bazahamagarwa bakiyongera ku bandi bahamagawe bwa mbere mu Mavubi.
Sosiyete yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika izwi mu gutegura amafunguro yihuse azwi nka 'Fast Food', yiganjemo inyama z’inkoko, KFC, yongeye gufungura imiryango nyuma y’iminsi iri mu mavugurura
Umuhanzi Diez Dola uri mu bahagaze neza mu muziki Nyarwanda wo muri iyi minsi, ari mu byishimo nyuma y’uko indirimbo ye nshya “Extra Stamina’ , ikoze agahigo ko kurebwa n’abarenga miliyoni imwe mu minsi 12 yonyine.
U Rwanda rwafunguye icyicaro cya Ambasade yaryo ya mbere muri Algeria, intambwe ikomeye mu gushimangira umubano w’ibihugu byombi no gushyigikira gahunda ya 2063 y’Umuryango wa Afurika