Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ukora kinyamwuga ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru zicukumbuye ku buzima rusange n’izivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru wa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Perezida w'u Rwanda, Paul Kagame yavuze ko umubano uhuza Rwanda na Botswana udashingira gusa ku bushuti, ahubwo ushingiye ku ntego ihuriweho y’iterambere, ashimangira ko ari byo bituma ubufatanye bw’ibihugu byombi bugira ireme n’icyerekezo gifatika
Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta, Kamuhire Alexis, yagaragaje ko ikibazo cy’inzego zimwe zikerereza imishinga, ari intandaro y’imicungire mibi y’umutungo wa Leta.
Urwego rw’Ubugenzuzi Bukuru bw’Imari ya Leta rwatangaje ko amafaranga y’u Rwanda angana na miliyari 1,470 yari yakoreshejwe nabi, yagarujwe.
Urukiko rw’Ubujurire rw’i Paris mu Bufaransa, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 6 Gicurasi rwanzuye ko iperereza ku ruhare umugore wa Habyarimana Juvénal, Agathe Kanziga, akekwaho muri Jenoside yakorewe Abatutsi no mu itegurwa ryayo rikomeza.
Umuraperi w’icyamamare Olamide wo muri Nigeria akaba n’umuyobozi w’inzu ifasha abahanzi ya YBNL, agiye gutaramira i Kigali ku nshuro ye ya mbere, mu gitaramo kizaba ku wa Gatandatu, tariki ya 30 Gicurasi 2026.
Raporo ku ishusho y’ubukungu mu bihugu biri Munsi y’Ubutayu bwa Sahara, ikorwa n’Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari, FMI, yagaragaje ko mu 2025, u Rwanda rwaje mu bihugu 10 ku Isi byagize izamuka ry’ubukungu riri hejuru ya 6%
Ikiganiro ‘This and That’ gikorwa n’abanyamakuru Yvonne Kayitesi uzwi nka Tessy na Blandine Uwase uzwi nka Blandy, kigiye gusubukurwa nyuma y’amezi agera kuri atanu kitaba
Kuri uyu wa Gatatu, Minisitiri w'ibikorwa by'ubutabazi Maj. Gen. (Rtd) Albert Murasira yakiriye Carl Ash, Umuyobozi w'umuryango mpuzamahanga wita ku bimukira ( IOM ) bagirana ibiganiro.
Perezida Paul Kagame yageze i Gaborone muri Botswana mu ruzinduko rw’akazi ruzamara iminsi ibiri, aho yakiriwe na mugenzi we w’iki gihugu Perezida Duma Boko