Nina Cynthia

Nina Cynthia

Dushime Nina Cynthia ni umunyamakuru w’Umunyarwandakazi ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru y'ibibera imbere mu gihugu. Kuri ubu ni 'Special Editor' ku rubuga rw’amakuru rwa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Gicumbi: Umugabo yakebwe n’urwembe ku gitsinda n’indaya yananiwe kwishyura

Ruhango:Umuturage wari mu muganda yagwiriwe n’urukuta rw’ishuri arapfa

Volleyball: Amakipe y’u Rwanda yacanye umucyo mu mikino y’umunsi wa kabiri wa Shampiyona Nyafurika

Perezida Kagame yagaragaje ko ibibazo biri mu Karere bitakemurwa mu ijoro rimwe

Perezida w'u Rwanda Paul Kagame, ari i Buruseri mu Bubiligi aho yitabiriye inama Mpuzamahanga ya kabiri ya Global Gateway Forum 2025, yiga ibijyanye n'ishoramari
Ingabire Marie Immaculée wari Umuyobozi w'Umuryango Mpuzamahanga Urwanya Ruswa n'Akarengane mu Rwanda, Transparency International Rwanda (TIR), yitabye Imana azize uburwayi
U Rwanda rwakiriye imiryango 106 igizwe n’Abanyarwanda 387, bari bamaze imyaka batuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo
Urwego rw'Ubugenzacyaha, RIB, rwemeje itabwa muri yombi ry'abantu 14 barimo Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyabihu, Mugiraneza David.
Abayobozi 14 bo mu Karere ka Nyabihu batawe muri yombi bakekwaho kunyereza umutungo wagenewe gusana inzu z’abarokotse Jenoside.
Madamu Jeannette Kagame yatangaje ko igihembo cy'ishimwe mu guteza imbere ubuzima bw'abagore aherutse guhabwa na FIGO, agitura abagore, abakobwa n'urubyiurko batera imbaraga umuryango wa Imbuto Foundation mu rugendo rwo kwiyubaka
Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj. Gen. (Rtd) Albert Murasira yatangaje ko u Rwanda rwihaye intego y'uko mu 2030, byibura 50% by'imiryango y'impunzi ziba mu Rwanda bazaba babasha kwibeshaho badakeneye guhabwa inkunga cyangwa ubundi bufasha
Perezida Paul Kagame yakiriye indahiro z'abayobozi barimo Minisitiri w’Ingabo, Juvenal Maziramunda, Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Uwimana Consolée n'Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Yves Iradukunda
Umuryango Unity Club Intwararumuri watangaje ko ubabajwe n'urupfu rw’Umurinzi w’Igihango Madamu Joséphine Murebwayire witabye Imana ku Cyumweru tariki ya 05 Ukwakira 2025

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!

Amakuru Aheruka