Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ukora kinyamwuga ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru zicukumbuye ku buzima rusange n’izivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru wa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare,NISR, cyatangaje ko mu gihemwe cya mbere cya 2026, agaciro k’ibyo u Rwanda rwatumije mu mahanga kagababanutseho 3,4%, ugereramyije n’uko byari bimeze mu gihembwe nk’icyo cya 2025.
Abafatanyabikorwa b’Akarere ka Bugesera barenga 70 bakereye kumurikira ibikorwa byabo abaturage b’aka karere n’abandi baturutse mu bice bitandukanye by’igihugu mu rwego rwo gufatanya mu kuzamura imibereho myiza y’abahatuye.
Kuri iyi tariki ni bwo Aminadabu Birara warwaniriye Abatutsi mu Bisesero agahangana n’abicanyi bashakaga gutsemba Abatutsi baho yishwe na gerenade yatewe n’Interahamwe.
Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite, yatoye itegeko rigena ingengo y’imari y’umwaka wa 2026/2027 uzatangira muri Nyakanga 2026 aho u Rwanda ruzakoresha miliyari 7.796 Frw.
Minisiteri y’Ubutabera MINIJUST, yatangaje ko hagiye gutangizwa uburyo bwihariye bugamije gukurikirana abana bakekwaho ibyaha mu rwego rw’ubutabera, hagamijwe kurushaho kubahiriza no kubungabunga uburenganzira bw’umwana.
Itariki ya 24 Kamena ni umunsi Abanyarwanda berekanye ko barambiwe ingabo z’u Bufaransa zabarizwaga mu Burengerazuba bw’u Rwanda no mu bice bya Goma na Bukavu muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yakiriye Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta wa Mali, Abdul Aziz Aguissa, baganira ku bufatanye mu bijyanye n’imicungire n’imikoreshereze by’umutungo wa leta.
U Rwanda rwagaragaje ko rwarengeje imibare yashyizweho n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, OMS, yo kurwanya Virusi itera SIDA, rusaba ibindi bihugu n'abafatanyabikorwa gukomeza ubufatanye n'ishoramari kugira ngo iyi ndwara izabe yararanduwe bitarenze mu 2030.
Ubwo aba basirikare bazaga byavugwaga ko Operasiyo Turquoise yari ije igamije gutabara abantu bari barahungiye mu nkambi ya Nyarushishi ariko ubuhamya bw’impunzi n’ubwa bamwe mu Nterahamwe zakoreye muri ako gace buvuga ko ahubwo Abatutsi bakomeje kwicwa n’Interahamwe, kandi ko abasirikare b’Abafaransa bafashe ku ngufu abagore n’abakobwa b’impunzi bavugaga ko baje kurinda.
U Rwanda rwashyize umukono ku masezerano ruhuriyeho na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi UNHCR, agenga itahuka ry’impunzi ku bushake.