Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko ibiciro by'ibicuruzwa ku masoko mu mujyi cyazamutse ku kigero cya 7.1%, mu kwezi k'Ukwakira 2025, ugereranyije n'Ukwakira 2024
Perezida wa Sena Dr. Kalinda François Xavier, yageze i Islamabad muri Pakistan, aho yitabiriye inama y’abayobozi b’Inteko Zishinga Amategeko, iteganyijwe hagati ya tariki 11-12 Ugushyingo 2025.
Minisiteri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, yatangaje ko mu bushakashatsi bakoze ku gipimo cy’Ubumwe , bugaragaza ko 95% Bemera ko abafunzwe bazira icyaha cya jenoside yakorewe Abatusi bakarangiza ibihano bisanga mu muryango nyarwanda nta kubishisha.
Minisitiri w'Ubumwe bw'Abanyarwanda n'Inshingano Mboneragihugu Dr. Jean Damascène Bizimana, yagaragaje ko Igipimo cy’Ubumwe bw’Abanyarwanda mu mwaka wa 2025 kigeze kuri 95.3%.
Polisi y’u Rwanda yashimiye ingamba zafashwe mu gukumira impanuka z’amakamyo mu Karere ka Rubavu, inacyebura abashoferi b'amakamyo nama bisi, bibutswa ko umutekano w'umuhanda nabo ubareba
Madamu Jeanette Kagame akaba n'Umuyobozi Mukuru wa Unity Club Intwararumuri, yasabye abanyamuryango ba Unity Club ndetse n'Abanyarwanda muri rusange kuba menge kuko hari benshi batishimira iterambere ry'u Rwanda
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga