Amakuru

Kwikinisha ni igikorwa abagore cyangwa abagabo bakora bagamije kugira ibyiyumviro ndetse n’ibyishimo nk’iby'umuntu uri gukora imibonano mpuzabitsina n’uwo badahuje igitsina yumva, ku buryo bamwe babisimbuza kuryamana n’abo bashakanye
Abakozi bakora ibiraka mu Rwego rw’Igihugu Rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB), abazwi nka banyakabyizi barasaba ko bishyurwa ibirarane by’amezi atatu baberewemo, aho kuri ubu batorohewe n’ubuzima
Abayobozi b’Ishyirahamwe ry’umukino w’Amagare bafatanyije n’ab’Uturere twa Gatsibo na Nyagatare mu gufata mu mugongo umuryango waburiye umwana mu mpanuka yabaye ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
Minisiteri ishinzwe ibikorwa by’Ubutabazi MINEMA, yatangaje ko mu minsi 22 gusa y’ukwezi  kwa Gashyantare ibiza bimaze guhitana abantu 15, bikomeretsa 49 ndetse byangiza n’ibindi bikorwa byinshi.
Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro muri Repubulika ya Santrafurika, zikorera i Bria, zatanze serivisi z’ubuvuzi ku buntu mu Igororero rya Bria.
Minisitiri w'Urubyiruko n'Iterambere ry'Ubuhanzi, Dr Utumatwishima Jean Abdallah, yashimangiye ko umuco n'ururimi rw'Ikinyarwanda biri mu bintu by'ingenzi bihuza Abanyarwanda asaba urubyiruko gushyira ku isonga uru rurimi.
Intebe y'Inteko y'Umuco, Amb. Robert Masozera, yagaragaje ko ikibazo cy’ivangandimi kiri mu bikomeje kubangamira Ikinyarwanda, aho byagaragaye ko mu Mujyi wa Kigali, 73% by’abakoresha Ikinyarwanda bakivanga n'izindi ndimi.
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique, yashimye uruhare abaturage bagize mu gushyigikira Mituweli mu myaka 25 ishize, ashimangira ko yagiye yongera ubushobozi mu kuzamura ireme rya serivisi z'ubuvuzi
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 24 Gashyantare 2026 Perezida Paul Kagame yakiriye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wungirije w’Ubwami bwa Arabie Saoudite, Waleed bin Abdulkarim El-Khereiji, bagirana ibiganiro bifitiye inyungu ibihugu byombi.