Umujyi wa Kigali watangaje ko ku wa Gatandatu tariki ya 27 Nzeri 2025 nta muganda rusange uzaba mu Mujyi wa Kigali, hagamijwe gukomeza gushyigikira shampiyona y’Isi y’Amagare.
Kaminuza Nkuru y’u Rwanda, na Sookmyung Women’s University yo muri Koreya y’Epfo, bagiranye ibiganiro bigamije guteza imbere ubufatanye mu bushakashatsi n’uburezi.
Urukiko rw'Ibanze rwa Gasabo, kuri uyu wa Kane tariki ya 25 Nzeri 2025, rwatangiye kuburanisha urubanza Kalisa Adolphe, Camarade ' wahoze ari umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga