Amakuru

Mu rwego rwo guha icyubahiro no gushimira umusanzu udasanzwe w'abantu bagize uruhare rukomeye mu iterambere ry’igihugu, bamwe mu banyacyubahiro n'abayobozi bakuru bahawe impamyabumenyi z’ikirenga z'icyubahiro na Kaminuza Mpuzamahanga zitandukanye
Tuyishime Jean Baptiste wo mu Murenge wa murenge wa Kanama , mu karere ka Rubavu, yasanzwe mu mugozi yapfuye, bikekwa ko yiyahuye.
Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF) Paul Kagame, ku wa 25 Mutarama 2026, yagize Brig. Gen. Geofrey Gasana Umupilote wa Perezida n’Umujyanama wa Minisitiri w’Ingabo n’Umugaba w’Ingabo ku ngingo zirebana n’Ingabo zirwanira mu Kirere. 
Mu muhanda Musanze-Kigali habereye impanuka ikomeye y’imodoka y’ikamyo yagonze imodoka itwara abagenzi ‘coaster’, ihitana umushoferi abandi barakomereka.
Abaturage biganjemo abari mu za bukuru bo mu kagari ka Nyirangarama mu murenge wa Bushoki wo mu karere ka Rulindo, bavuga ko impinduka zituruka ku gikorwa cya siporo ya buri wa gatandatu bitangirije iwabo mu giturage zimaze kugaragara dore ko abenshi bakize indwara zirimo umuvuduko w’amaraso.
Madamu Jeannette Kagame yahawe Impamyabumenyi y’Ikirenga y’Icyubahiro na Kaminuza Mpuzamahanga y’Ubuvuzi n’Ubuzima Rusange, UGHE, ashimirwa umusanzu n’ubudashyikirwa yagaragaje mu kwita ku baturage, guteza imbere uburezi no kugeza ubuvuzi kuri bose
Perezida wa Repulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w' ingabo z'u Rwanda, yagize Brig Gen Godfrey Gasana, Umupilote wihariye wa Perezida, imirimo azajya afatanya no kuba Umujyanama wa Minisitiri w’Ingabo mu bijyanye n’imikorere y’umutwe w’Ingabo zirwanira mu kirere.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe, yahuye n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango Mpuzamahanga wita ku by’inkingo (Gavi), Dr Sania Nishtar.
Komisiyo y’Igihugu yo gusubiza mu buzima busanzwe abari abasirikare (RDRC) yakiriye abanyarwanda 14 barimo umunani bahoze mu mutwe w’iterabwoba wa FDLR n’imiryango yabo batashye mu Rwanda.
Urwego rw’Ubugenzacyaha, rwafunze umusore wabaga muri Amerika ariko akaba yari ari mu biruho mu Rwanda, akekwaho kwica mugenzi we amugongesheje imodoka ku bushake.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka