Amakuru

Ruhango:Umuturage wari mu muganda yagwiriwe n’urukuta rw’ishuri arapfa

Volleyball: Amakipe y’u Rwanda yacanye umucyo mu mikino y’umunsi wa kabiri wa Shampiyona Nyafurika

Perezida Kagame yagaragaje ko ibibazo biri mu Karere bitakemurwa mu ijoro rimwe

Perezida Kagame agaragaza ko iterambere ry’ibihugu atari irushanwa, ari inyungu rusange

Umuhanda munini uhuza Muhanga – Ngororero – Mukamira wafunzwe by’agateganyo, bitewe n’imvura nyinshi yaguye ikawangiza
Ihuriro rya AFC/M23 rirashinja ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, FARDC, gukoresha indege zitagira abapilote mu bitero bivugwa guhitana ubuzima bw'abasivile, abandi bagata ibyaho cyane ko biba byangiritse
Akarere ka Ngoma ko mu Ntara y’Iburasirazuba kaje ku mwanya wa mbere mu mihigo y’umwaka wa 2024–2025, kagira amanota 77.2%, nk’uko byatangajwe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR)
Ikipe ya Gasogi United yatewe mpaga inacibwa amande kubera kutitabira umukino w'umunsi wa 25 wa Shampiyona y'u Rwanda wagombaga kuyihuza na Rayon Sports FC kuri iki cyumweru saa yine (22:00) muri stade Amahoro.
Perezida Paul Kagame yifurije Abayisilamu bo mu Rwanda no ku Isi yose umunsi mwiza wo gusoza igisibo cy’ukwezi kwa Ramadhan, Eid al-Fitr, abibutsa ko ukwiye gukomeza kubibutsa kugira indangagaciro z'impuhwe, ubumwe n’ubumuntu. 

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka