Al Hilal SC yo muri Sudani yatsinze Mouloudia Club d'Alger [MC Alger] yo muri Algeria ibitego 2-1, mu mukino wa mbere wo mu Itsinda C mu mikino yo guhatanira igikombe cy’amakipe yabaye aya mbere iwayo ( CAF Champions League).
Itsinda ryatutse mu ikipe ya Atlético de Madrid, riyobowe n'umuyobozi ushinzwe ibijyanye n'ubufatanye, Guillermo Alonso Álvarez, ryasuye u Rwanda, mu ruzinduko rugamije ubufatanye
U Rwanda n’ikipe yo mu Bwongereza ya Arsenal, bemeranyije ko ubufatanye bwo kwamamaza ibikorwa bya 'Visit Rwanda' bwari bumaze imyaka umunani buzasozwa mu mpeshyi y’umwaka utaha wa 2026
U Rwanda rwashyizwe mu Itsinda A muri tombola y’uko amakipe azahura mu Gikombe cya Afurika cy'umukino w'intoki 'Handball', aho ruzaba ruhatanye na Algérie, Nigeria na Zambia