Imikino

kipe ya Al Hilal SC yatsindiye Rutsiro FC ihita ifata umwanya wa mbere ku rutonde rwa Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda.
RSSB Tigers BBC ihagarariye u Rwanda mu mikino ya BAL 2026 yatangiye neza itsinda Al Ahly Benghazi yo muri Libya amanota 103-95 mu mukino wa mbere wa Kalahari Conference iri kubera i Pretoria muri Afurika y’Epfo.
Ikipe y'Igihugu y'u Rwanda Amavubi yanyangiye iya Grenada ibitego 4-0 mu mukino wa kabiri wo mu itsinda A rya FIFA Series.
Al Hilal SC yatsinze irusha , ikipe ya Bugesera FC ihita ifata umwanya wa kabiri ku rutonde rwa Shampiyona.
Mu gihe habura iminsi ibiri yonyine u Rwanda rukandika amateka yo kuba igihugu cya mbere muri Afurika, cyakiriye imikino ya gicuti ya FIFA Series, kuri ubu imyiteguro iragana ku musozo.
Umuyobozi wa Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles, KNC, yagaragaje ko atishimiye icyemezo cy’Urwero rutegura Shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda, cyo gutera mpaga ikipe ya Gasogi United
Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, batangiye kugera mu mwiherero guhera ku Cyumweru, kuri hoteli ya FERWAFA iherereye i Remera, mu rwego rwo kwitegura neza imikino ya FIFA Series 2026 iteganyijwe kubera mu Rwanda
Ikipe ya Gasogi United yatewe mpaga inacibwa amande kubera kutitabira umukino w'umunsi wa 25 wa Shampiyona y'u Rwanda wagombaga kuyihuza na Rayon Sports FC kuri iki cyumweru saa yine (22:00) muri stade Amahoro.
Ikipe ya Al Hilal SC yo muri Sudani, ikina Shampiyona y'u Rwanda, yasezerewe na RS Berkane yo muri Maroc muri ¼ cya CAF Champions League ku giteranyo cy'ibitego 2-1 mu mikino yombi.
Ikipe ya Police FC ikomeje kugira umusaruro nkene  nyuma yo kugwa miswi igitego 1-1 na Etincelle FC yongera gushimangira ko kuyizera bisaba umutima ukomeye.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka